Print

Nashakanye n’umugabo undusha imyaka hafi 20, ntabwo anezeza uko mbyifuza- NKORE IKI?

Yanditwe na: NSHIMIYIMANA Janvier 16 February 2018 Yasuwe: 4701

Mu kwezi kwa munani 2016, nibwo nashakanye n’umugabo ufite imyaka 43, njye mfite imyaka 24, mu by’ukuri iyo duhagararanye mba meze nk’umukobwa we.

Dushakana ntabwo nabyiyumvagamo cyane, ariko abantu banshyiramo kumukunda cyane ko afite amafaranga, yankunze ndi umukozi we, afite kampani yinjiza agatubutse, yanyitagaho cyane, nanjye ngendera kuri icyo.

Ntababeshye, ntabwo anezeza uko mbyifuza, ndamukenera nkamubura, abyuka kare agataha atinze, igihe cyose ahora mu mibare, ntajya aruhuka ngo nanjye ampe akanya.

Imyaka mfite nkeneye kunezezwa, nkeneye umugabo umba hafi, ndabimubwira ati "ibyo ni iby’abato". Nkiyo mubwiye ko nshaka ko ansohokana, ibyo ntabikozwa, akanya arakabura mbese nabaye nk’imfungwa y’urugo dore ko nta n’ikihabuze.

Mbese ahora mu bintu byinshi, nta kanya ajya abona ko guta kuri we, amasaha mubona ni make haba nijoro cyangwa ku manywa, ibi rero nibyo bimbangamiye. Amafaranga n’ibintu byo arabifite pe, ntacyo tubuze mu rugo rwacu, maze kubyara rimwe, umwana wacu ari hafi kuzuza umwaka umwe. Mungire inama, nkore iki?


Comments

Uwamahoro 11 March 2018

Icyo nakubwira nuko urenzwe !
Kandi umurengwe wica nk’inzara !
Usenya urwe umutiza umuhoro !
Uzabyumva ushaje !


Magege 20 February 2018

nyamara murata umwanya wubusa aba nibabandi bapfuye kera wibwirako adaswerana nabandi
fata umukozi ukora iwawe age agupfubura uwo musaza yagiye ufite akabazo
hamagara mboneka sasita kugera sa munani kumanwa nze nkunyurizehoabagore nabakobwa
bafite iki kibazo hafi 126 maze kubikemura mukubaryamisha bakaryoherwa .


Sabin 19 February 2018

Rero uzamucunge ari dimache niba adakora umuganirize neza uzakuramo igisubizo kizima kubundi bujyanama wahamagara 0788216877.


mutesi 19 February 2018

sha ubwo umaze kurengwa ifiriti urayihaze watuje ukubaka ibyo bigutwaye iki?


Bonfils 19 February 2018

Ku bwanjye ntabwo ari ikibazo cy’imyaka cg nacyo kirahari ariko cyo wari ukizi kandi uri Tayari kucyihanganira. Mu by’ukuri urwo rugo ruzakugora cyane kubera ko washatse ibintu ariko umuntu waramubuze kubera ko yibera muri business. Ibi rero by’uko umugabo yibera mu kazi gusa biba no kubandi bakiri bato. Imyaka 43 ntabwo ari myinshi cyane ahubwo niyo myiza kuko aba ari igikwerere azi kurongora umugore akamwumvisha!!! Ikibazo cyawe kirakomeye pe


Bonfils 19 February 2018

Ku bwanjye ntabwo ari ikibazo cy’imyaka cg nacyo kirahari ariko cyo wari ukizi kandi uri Tayari kucyihanganira. Mu by’ukuri urwo rugo ruzakugora cyane kubera ko washatse ibintu ariko umuntu waramubuze kubera ko yibera muri business. Ibi rero by’uko umugabo yibera mu kazi gusa biba no kubandi bakiri bato. Imyaka 43 ntabwo ari myinshi cyane ahubwo niyo myiza kuko aba ari igikwerere azi kurongora umugore akamwumvisha!!! Ikibazo cyawe kirakomeye pe


17 February 2018

Umva ncuti yanjye weho fata akanya mwicare muganire ikikuri kumutima cyose ukimubwire utagize nakimwe umukinga cg umuhisha maze wumve icyo agusubiza


muswende 17 February 2018

urarenzwe urashaka kujya gushaka sida no kumuca inyuma.ibi ukwiye kubimubwira uti
ntumpaza ngiye kujya nsambana hanze.urebe uko abyitwaramo ntayindi nama mbonyaho.