Print

Dore amafoto atandukanye yiriwe aca ibintu ku mbugankoranyambaga

Yanditwe na: Muhire Jason 23 February 2018 Yasuwe: 4633

Nk’ uko mumaze kumyenyera ko UMURYANGO tubagezaho amakuru atandukanye arimo imyidagaduro uyu munsi twabateguriye amafoto atandukanye yiriwe acicikana kuri instagram na facebook .




Uramutse witegereje aya mafoto usangamo ay’ abahanzi nyarwanda ,abanyarwandakazi batandukanye bampamaye hano mu Rwanda mu amashusho y’ abahanzi , abakinnyi ba filime n’ abandi batandukanye bafite aho bahuriye na muzika nyarwanda.

benshi bari bamaze ighe batabona umuhanzi Kamichi dore nguyu




Ikipe ya APR fc yaje kwakirwa n’ abantu mbara nyuma yo gutsinda ikipe yo mubirwa bya Seychelles aho batinze ibitego bibiri kuri kimwe, bagarutse i Kigali mu gicuku cyo kuri uyu wa Gatanu bakirwa n’abafana bake bagaragaje kutishimira Minisitiri Uwacu utahagaragaye ntagire n’intumwa yohereza.



Ikipe ya Rayon ho byari ibyishimo bidasanzwe nyuma yo kwakirwa n’ abafana batagira benshi I Kigali ku kibuga cy’ indege i Kanombe nyuma bakaba barakomeje berekeje kuri Petite stade i remera aho bagiye guhurirayo n’ ubuyobizi by’ ikipe .




mu mafoto yaciye ibintu kuri internet turasangamo n’ amafoto y’ umukunzi w’ umukinnyi w’ umupira ariwe Rwatubyaye yashyize kuri Intagram konte (Umurerwa Cherlina) nyuma y’ igihe gito akaza guhita ayasiba kubera ko ko yabonye ibyo yakoze bidakwiye