Print

AMAFOTO atandukanye yiriwe asetsa benshi kuri murandasi

Yanditwe na: Muhire Jason 27 February 2018 Yasuwe: 14308

Nk’uko musanzwe mu bimenyereye tubagezaho amakuru atandukanye uyu niwo mwanya wanyu ngo tubereke amwe mu mafoto yiriwe asetsa abantu ku ku mbuga za internet zitandukanye zirimo facebook, instagram akanahererekanwa.


Uko iterambere rijyenda riza ni nako bimwe na bimwe bigenda bihinduka gusa burya hari nibyo abantu bakora bisekeje bigatuma benshi babita abanyarwenya cyangwa kwerekana udushya bitewe n’ igikorwa runaka bakoze ,tutibagiwe ko hari n’ abanengwa kubera ibikorwa bigayitse bakoze .

Miss Akiwacu Colombe akiri Umunyeshuri

Aya mafoto agaragaza ibikorwa bitandukanye by’ ubuzima bwa buri munsi abantu birirwamo ndetse bakunda kubona .



Aya mafoto ntituraza kuyavugaho byinshi birenze kuko ubwayo arivugira gusa twagusaba kugirango ufate umwanya uyarebe ,niwumva uyikunze inkuru uyisangize n’ inshuti zawe.
REBA ANDI MAFOTO




Comments

Bay obed 27 February 2018

Reka mbashire ibyo mudutegurira ariko kumaphoto
Nkariya muvuze ngo arivugira
Muge muyasobanura
Byaba byiza cyane
Murakoze.