Print

Undi munyarwandakazi yerekanye ubwambure bwe

Yanditwe na: Muhire Jason 28 February 2018 Yasuwe: 8868

Umunyarwandakazi Karuranga Mirage wamamaye ku kabyiniro ka Mimi Mirage yashyize hanze ifoto ye yambaye ikariso mu gihe gito ahita ayisibana kuri konte ye.


Umunyamidelikazi Mimi Mirage kuri ubu uri kubarizwa mu Rwanda aho asigaye akora ibijyanye no gucuruza imyenda igezweho yambarwa n’ bakobwa ndetse n’ abategarugori bakunda kurimba akomeje kujyenda akorera udushya kuri murandasi.


Ku munsi wejo hashije nibwo uyu munyamidelikazi yashyize ifoto kuri instagram ye yambaye ikariso ndetse n’ andi mafoto atandukanye nyuma y’ igihe gito agahita ayisibana ibakwe kubwo kubona ko igikorwa yakoze kitamuhesheje icyubahiro.
DORE IFOTO YASHYIZE HANZE YAMBAYE IKARISO

YAHISE AYISIBA MU GIHE GITO

Si ubwambere uyu mukobwa avuzweho ibi bikorwa kuko kwikubitiro amenyekana mu Rwanda yaje kugaragara mu gitaramo kimwe cyari cyabereye i Remera yambaye ipantaro idasanzwe kuburyo abantu benshi baje kwibaza niba ari umunyarwandakazi bikaza kumenyekana nyuma ko akomoka mu Rwanda gusa atuye mu Bubiligi .

Uyu mukobwa yiyongereye ku rutonde rwa benshi mu banyarwandakazi bakunze kugaragaza ubwambure bwabo.


Comments

Johanna 4 March 2018

Icyo uyu mukobwa bamukundira ni nacyo bamwe bamwangira!!! Ni mwiza cyane njye nkeka ntanundi nzi nanamugereranya nawe! Disi mureke umwana Imana yiremeye! None se abizire ...abanyarwanda mwagiye mushima koko!!!


keza 2 March 2018

Lolo ko numva uvugana umujinya bite?
Nanjye ntyo Kay njye nta bwambure mbonye hano mujye mwirinda gukabya!yambaye bikini kandi njye ndanamukurikira arambara akikwiza rwose!


kay 1 March 2018

ko ntabwambure mbona ariko se muzamenya ryari ko hari abanyarwandakazi bafashe imico yaho bakuriye kwifotoza wambaye ikariso ntakibi kirimo cyane abanyamideli kuko niba kalvin aguhaye aagatubutse cyangwa dolce ngo wamamaze imyenda y’imbere ndumva nta nka iba icitse ibere ahubwo murakabya cyane rwose ubwambure nigihe wambaye buri buri nkuko wasohotse munda ya nyoko please mugabanye kuvangira abantu bishakira ubuzima


lolo 28 February 2018

aya mabuno ntakindi kiyabamo usibye amabyi na sida nibindi birwara nubugoryi gusa . mureke comment yange ihite .