Umukobwa uzwi ku kabyiniro ka Nado Cross umukobwa utuye mu mujyi wa Kigali yashyize hanze ifoto igaragaza amabere ye ndetse iza iherekejwe n’ amafoto atandukanye yambaye umwambaro wa bikini ari kuri Piscine .
Amafoto yayashyize hanze akoresheje urubuga rwa Instagram ,nubwo kugera magingo aya uyu mukobwa Atari yagira abamukurikira benshi gusa bikaba bivugwa ko impamvu nyamukuru yatumye akora ibi ari uburyo bwo kugirango abone abamukurikira benshi nkuko abandi bakobwa bakunze kubigenza kugirango bamenyekane mu buryo bwa hafi biciye mu mafoto bifotoza .
Si ubwa mbere mu Rwanda havuzwe abakobwa bakoze igikorwa nkiki cyo gushyira hanze amafoto yabo bambaye ubusa, kuko kuri ubu hari ababigize akazi aho usanga bakunda gufata amafoto atandukanye cyangwa amashusho agatangira kuyasakaza hanze kugirango avugwe mu Itangazamakuru .
REBA AMAFOTO
uyu mukobwa nimwiza namakunze pe imboro yange yabyibye +257 68785989 nyohereza message kuri WhatsApp ndakwende chou
iyi ni ijini rwose muyirukanire kure,,
ubwo busa bwe arigushira kugasozi wasanga yuzuye nibirwara byi byorezo byose yaraboze akaba ashaka abo azahitana,
nagende
uri mubi rwose pe! ubwo rero nawe ngo urashitura abagabo dore ko nabo bagowe!!! akumiro ni itushi rwose
Kuntu urimubi urakwiye kwigisha pe ikiberu kirimubyambere bibi kwisi