Print

Umuherwe Candyman ukunda abagore cyane yashyize hanze ifoto ari kumwe n’abambaye ubusa yatangaje benshi

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 10 March 2018 Yasuwe: 3887

Umuherwe witwa Travers Beynon uzwi ku kazina ka Candyman yatunguye benshi ku munsi w’abagore ubwo yashyiraga hanze ifoto ari kumwe n’abagore 4 bambaye ubusa banditse inyuguti ya W bakoresheje amaguru.

Ngiyi ifoto Beynon yashyize hanze benshi barumirwa ku munsi w’abagore

Uyu mugabo wakijijwe no gucuruza itabi cyane ko afite uruganda ruricuruza mu bihugu bikomeye,akunze kugaruka mu binyamakuru kubera ukuntu ahora ashyira hanze amafoto ari kumwe n’abagore bambaye ubusa ndetse bivugwa ko buri joro agomba kurarana n’abagore 4.

Buri joro agomba kurarana n’abagore 4

Igitangaje kurusha ibindi ni uko uyu muherwe afite umugore n’abana babana mu nzu y’igorofa nini ihora yuzuyemo abagore ndetse bivugwa ko buri gihe ahora ari mu birori n’aba bagore be.

Iwe hahora ibirori by’abagore bambaye ubusa

Benshi mu bakurikira uyu mugabo kuri Instagram aho akunda gushyira aya mafoto ari kumwe n’abagore benshi ,bamunenze ndetse bamushinja ko agira abagore ibikoresho bye ndetse atabubaha.