Kuri uyu wa Gatandatu tariki 10 Werurwe 2018, nibwo hagombaga kuba imihango yo gusaba no gukwa, aho umusore witwa Babonampoze Simeon Mutabazi yagombaga gusaba Nadine Ndikuriyo Seraphine hanyuma akamamukwera i Kibagabaga muri Gasabo mu mujyi wa Kigali. Nyamara ubukwe bwapfuye ku munsi nyirizina ndetse abatumiwe bari babukereye biteguye kubutaha bagwa mu kantu.
KANDA HANO UREBE INKURU IRAMBUYE