Print

Dabijoux yongeye kugaragaza mu ruhame amafoto ari hafi kwambara ubusa

Yanditwe na: Muhire Jason 12 March 2018 Yasuwe: 2962

Umunyarwandakazi wamampaye ku kabyiniro Bijou Dabijou yongeye gushyira ku mbuga nkoranyambaga amafoto yambaye ikariso n’ isutiya gusa.

Bijou Dabijou kuri ubu usigaye abarizwa i Kampala muri Uganda yongeye gushyira hanze amafoto yambaye ubusa nyuma y’ iminsi micye yongeye gushyira hanze andi mafoto nk’ aya. Bamwe bakomeje kwibaza impamvu uyu mukobwa akunda kwifotoza yerekana ubwambure bwe .

Bwa mbere Dabijou yamenyekanye mu Rwanda ubwo higeze guhwihwiswa ko yaba akunda na Nizzo Kaboss wo muri Urban Boys. Aba bombi barabihakanye. Ikindi ni uko nta makuru afatika agaragaza urukundo ruvugwa hagati yabo .


Aya mafoto yayashyize hanze akoresheje Instagram konte ye .