Print

Umuhanzikazi ukunze kuririmba yiyambitse ikariso yageze I Kigali

Yanditwe na: Muhire Jason 17 March 2018 Yasuwe: 5631

Umuhanzikazi Cindy Sanyu ukunze kuririmba yambaye ikariso ku rubyiniro yamaze gusesekara I Kigali aho aje kuhakorera igitaramo.

Cinderela Sanyu wamenyekanye mu ndirimbo zitandukanye Mbikooye ,Still Standing ,Run this kuri ubu akaba akora injyana ya Dancehall yageze mu Rwanda aho yitabiriye igitaramo azakorera mu kabyiniro ka K Club.

Aje mu Rwanda nyuma yuko mu gihugu cya Uganda banenze uko yiyambika kurubyiniro mu gihe yagiye gukora igitaramo ndetse bakanenga ababyinnyi abyinisha kubera kwiyambika ubusa aho bamwe bemeza ko biterwa n’ inzoga baba banyoye .



Comments

gakuba 18 March 2018

Mu Rwanda bamwirukane ajye guhenera iwabo nkuko nuriya, wundi wambara, ubusa ahandi bamwirukana, abantu ntibakwiye kwirukira kureba abo basazi, biyambika ubusa


pita 17 March 2018

Uwicaye nabi ...
Mumureke azabona


uwizeyimana erminee 17 March 2018

najyendamugaye yisubireho iyomysmbarire simyiza murwanba


MUKIRISITU 17 March 2018

Kuki bamwemereye kuza mu Rwanda koko? Nizere ko azibuka kwihesha agaciro kuko abanyarwanda turangwa no kwiyubaha.


Ruto 17 March 2018

Nonese abandi baririmba nta kariso bambaye?