Abanyarwandakazi 2 aribo Keza ndetse na Supersexy bashyize hanze amashusho bakora ibisa n’ urukozasi mu kabyiniro.
Keza umukobwa wamenyekanye mu Rwanda ubwo yifotozaga yikinze igitambaro gikoze mu mabara agize idarapo ry’ igihugu yagaragaye ari kumwe na Supersexy mu gitaramo kitwa Girls in the city kibera mu kabyiniro ka Atmosphere gaherereye muri Uganda barimo gukora ibisa n’ urukozasoni imbere y’ imbaga y’abantu baje kubyina.
Aya mashusho agaragaza ibi bikorwa yashyizwe kuri instagram ya Supersexy ufite umutwe ugira uti “Akajangwe gahumurirwa ahari amata, Akabwa kagahumurirwa ni igufwa”mu minota micye yahise irebwa n’abantu barenga ibihumbi 3000 mu isaha imwe ndetse yakurikiwe n’ibitekerezo mirongo 50 aho bamwe bibazaga ntiba ari bazima.
Ibi bije nyuma yuko ubwo Supersexu aheruka mu Rwanda yatangaje ko abantu badakwiye kumwibazaho cyane kuko ibyo akorere kuri interinete nahantu bihuriye n’ imico ye yongeraho ko ari umugore ufite umugabo kandi akunda umuco nyarwanda.
Ariko c mwebwe mwabuze andi makuru mutugezaho ko mwirirwa mwamamaza ibikorwa by’indaya.Rwose ibi nta makuru arimo.
Imaraya zambuka umupaka zijya uganda mubyo leta y’urwanda igomba kwitondera kuko nibo bagambanyi bateye ubwoba
NibaufiteumugaboKuki umukojeje isoni