Print

Chinua Achebe yapfiriye muri Amerika ntihagira umenya icyo yazize [VIDEO]

Yanditwe na: Nsanzimana Ernest 30 March 2018 Yasuwe: 2621

Abenshi bamuzi nk’ umwe mu banditsi bakomeye b’ ibitabo babayeho muri Afurika, gusa yanabaye umunyamakuru ari nabwo yanditse inkuru yakunzwe cyane ‘Things Fall Apart’ yatumye amenyekana kuko yasemuwe mu ndimi 57.

Yigeze gukora impanuka ikomeye asimbuka urupfu. Uyu mugabo wari ugize imyaka 82 mu kanwa ke hahoramo amagambo yo kwamagana abakoroni no kwanga ko Ururimi rw’ Icyongereza rumira bunguri indimi gakondo z’ iwabo muri Nigeria yitabye Imana tariki 21 Werurwe 2013. Yaguye mu bitaro byo muri Leta ya Boston muri Amerika nanubu nta muntu uramenya icyamuhitanye.

Inkuru irambuye reba iyi VIDEO