Print

Umukobwa yashyize ubusugi bwe ku isoko ngo akomeze amashuri

Yanditwe na: Nsanzimana Ernest 31 March 2018 Yasuwe: 2664

Umukobwa ukiri muto wo mu gihugu cya Nigeria yinjiye mu nkubiri y’ abakobwa barimo kugurisha ubusugi bwabo.

Iki gikorwa kibera ahitwa Cinderella Escort . Cinderella Escrot igurisha abakobwa cyangwa abagore bicuruza n’ abanyamideri ku madorali ibihumbi 100 by’ Amanyamerika.

Stacey w’ imyaka ashaka kugurisha ubusugi bwe ku mayero 50,000. Yavuze ko abikoze kugira abone uko akomeza amasomo ye ya kaminuza

Yagize ati “ Kugurisha ubusugi bwanjye ni ikintu nahoraga nshaka. Kugurisha ubusugi bwanjye binyuze muri Cinderella Escorts ni uko nshaka gukomeza amashuri yanjye nkinga masters ngakorera n’ impamyabumenyi y’ ikirenga PhD”.

Yakomeje agira ati “ubu mfite ubu ndangije ikiciro cya mbere cya kaminuza. Gusa nshaka gukomeza amashuri kuko ntekereza ko gukomeza amashuri bizamfasha gukura mu mwuga wanjye nkagera ku nzozi zanjye”.
Umukiliya wifuza Stacey azahitamo hoteli bazararanamo ijoro ryose.

Kugira ngo umukiliya yizere ko Stacey atamupfunyikiye amazi yemerewe kwijiza umudogiteri mu cyumba akamusuma mbere y’ uko babikora.