Print

Umukobwa yashyize hanze umurundo w’amafoto ashotora abasore anigamba ko ariwe mwiza kurusha abandi

Yanditwe na: Muhire Jason 5 April 2018 Yasuwe: 9584

Umukinnyi wa Filime ukomoka muri Kenya wakinnye muri filime yiswe Diaries Black Barbie yashyize hanze amafoto anavuga ko arusha uburanga abandi bakobwa bose bakina muri filime muri iki gihugu.

Abinyujije kuri instagram yashyizeho amafoto atandukanye agaragara yambaye imyenda ishotora abasore avuga ko ari nawe mukobwa muri Kenya uhiga abandi uburanga mu bakinnyi bose ba Cinema i Nairobi .

Mu bitekerezo bitandukanye byashyizwe ku mafoto ye ,yabwiwe ko atari mwiza ahubwo yashaka ibindi yiyitirira kuko abeza ari benshi kandi bakundwa kubera ibikorwa byabo bakoze .

REBA AMAFOTO:




Comments

5 April 2018

Abantu turi babi ,wasanga bamubeshya ko ari mwiza disi nawe akishira mu myanya,niyihangane gusa nababi bararutana


all the time 5 April 2018

arakabije kuba mubi cne.uti niwowe mubi kurusha abandi bose.umwiza ni Yesu.umuntu ntaba mwiza kuko yiyambitse ubusa.aba mwiza kubw’ibikorwa byiza akorera abandi cg society abamo.