Print

Umuhungu w’imyaka 19 n’umukecuru baguwe gitumo banafotorwa bari gusambanira mu gihuru[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 9 April 2018 Yasuwe: 12341

Abantu bakomeje kumirwa no gutangarira ibibera ku isi, ari nako bakomeza kwibaza amaherezo yabyo, kuko abenshi bemeza neza ko turi mu minsi ya nyuma/ y’imperuka n’ubwo nta wuzi nyir’izina igihe isi izarangirira.

Hari rero amafoto akomeje kubica bigacika hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga bivugwa ko ibyo byabereye mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda mu gace ka Mbale, aho umuhungu w’imyaka 19 y’amavuko yaguwe gitumo ari gusambana n’umukecuru w’imyaka 72 y’amavuko, bakabafotora amafoto bakayakwirakwiza hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga.

Abantu bose rero bakomeje kumirwa kubera ayo mahano ari nako icyerekezo cy’aho iyi si iri kugana kibabera urujijo bitewe n’ibikomeje kuyiberaho.