Print

Umukozi wo mu rugo yafashwe asambana na nyirabuja

Yanditwe na: Muhire Jason 11 April 2018 Yasuwe: 15243

Pascal Ouma yafashe umukozi we wo mu rugo nyuma y’ igihe kirekire amusambanyiriza umugore akanga kubyemera.

Mu gihugu cya Kenya mu gace ka Busia haravugwa inkuru y’ umusore utatangajwe amazina ye wafashwe nyuma y’igihe kirekire asambana n’umugore wa shebuja mu ibanga rikomeye.

Umurozi ubwo yakandaga bimwe mu bice by’ibanga by’umukozi wasambanyaga nyirabuja

Ibi byabaye kuri uyu wa Kabiri taliki 10 Mata 2018 ubwo Pascal Ouma yamenye amakuru ko umukozi we wo mu rugo amusambanyiriza umugore niko kwifashisha abapfumu mu buryo bwo kumufasha kumutahurira umugore we niba amuca inyuma.

Uyu mupfumu yakoze ibishoboka byose kugirango akemure ikibazo cy’ uyu mugabo waje amugana mu gihe ahana saa 2 umugore avuye ku kazi yatashye nk’ uko bisanzwe akaryamana n’umukozi gusa kubw’amahirwe make ubwo umusore yatangiraga igikorwa cy’urukundo yatangiye kuribwa igice cy’amabya niko kuvuza induru cyane asaba ko ajyanwa kwa muganga .

Umurozi wifashishijwe mu kuroga umukozi wo mu rugo

Umugabo akigera mu rugo yasanzwe umusore arimo gutaka cyane asaba ko bamutabara gusa yemeye icyaha cy’uko yasambanaga n’umugore wa sebuja asaba imbabazi basaba umupfumu ko yamukiza umusore ahita azinukwa kongera gusambana na nyiribuja ukundi .


Comments

gisele 11 April 2018

ESE ubu uyu yarwanaga Ubuntu niki


gisele 11 April 2018

ESE ubu uyu yarwanaga Ubuntu niki