Aba bombi batangiye gukorera amahano imbere ya rubanda ubwo iyi gari ya moshi barimo yari ihagaze ahitwa Caterham muri Surrey niko gutangaza abababonaga bose.
Ubu busambanyi aba bombi babukoze ku manywa y’ihangu ndetse bagaragaje ko nta muntu bari bitayeho ubwo bakoraga aya mahano,byatumye banafatwa amashusho n’abagenzi bari kumwe barebaga uyu mukino.
Muri aya mashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga ziganjemo WhatsApp,benshi mu barebaga uyu mukino bumvikanye bari gufana nk’abafana umupira aho bateraga akanyabugabo uyu mugabo bamubwira kongera agatege.
NDABAKUNDA HANO INYAMASHEKE