Print

Rihanna yagaragaye mu ruhame yambaye imyenda igaragaza imyanya ye y’Ibanga [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 16 April 2018 Yasuwe: 4677

Uyu muhanzi uzwi mu ndirimbo nyinshi zakunzwe nka Umbrella,Rude boy,what’s my name n’izindi,yongeye kugaragara mu ruhame yambaye imyenda igaragaza bimwe mu bice bye by’ibanga ubwo yitabiraga “Coachella party.

Rihanna ni umwe mu bahanzi bakunda gushyira hanze amafoto atavugwaho rumwe cyane cyane iyo yitabiriye ibitaramo ndetse kuri ubu yari yambaye utwenda tubonerana nta n’umwenda uhisha amabere yambaye.




Comments

EME ELLA 3 February 2023

NIMWIZA ARIKO NTABWO AR UKWIHESHA AGACIRO


Faustin 22 November 2022

uri mwiza mukobwa wacu mpamagara 2vugane 0784095913


Faustin 22 November 2022

uri mwiza mukobwa wacu mpamagara 2vugane 0784095913


Faustin 22 November 2022

uri mwiza mukobwa wacu mpamagara 2vugane 0784095913


Ntawutamunenga kandi abasebya igitsina kobwa 16 April 2018

Ni antoinette


IMBWAMUZINDI 16 April 2018

Ariko ntimukabeshye
ubu se ko ntagituba ndi kubona