Print

Umugore yabyaye umwana udasanzwe ukomeje gutera abantu benshi ubwoba[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 16 April 2018 Yasuwe: 7348

Amafoto agaragaza uyu mwana w’igitangaza wavukiye mu gihugu cya Nigeria, akomeje kuberara abatari bake urujijo no kubakura umutima, bitewe n’imiterere idasanzwe y’uyu mwana.

Mu byo benshi bakomeje kugenda bavuga hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga, bahamyagako uyu mwana udasanzwe ateye ubwoba, hakaba hanakwiye ubutabazi bw’Imana yo yonyine ishobora ibyananiranye hose. Basabye abatuye isi kurushaho kuyisengera, bayereka ibibazo bikomeje kuyigwirira, ngo cyane cyane bayereka ababyeyi batwite kugirango ibashe kubaha urubyaro ruyihesha icyubahiro.

Ababashije gusobanura ku miterere idasanzwe y’uyu mwana, bavuzeko iki gishobora kuba ari ikibazo cy’akaryango, aho ushobora gusanga mu basekuruza be haba harigeze kuvuka umwana na we udasanzwe. Gusa na none ngo bishobora no kuba byaterwa n’ikoreshwa ry’imiti imwe n’imwe ishobora kwangiza umwana muri ubu buryo.


Comments

roy byukusenge 17 April 2018

Nukuribirakomeye ba rugagi na ba masasu begerane basengere uyumwana nu mubyeyi we nkabakozibimana