Print

Umuhanzikazi wo muri Uganda yatumye igitsina cya Koffi Olomide gihaguruka imbere y’abantu

Yanditwe na: Muhire Jason 16 April 2018 Yasuwe: 9687

Ibi byabereye mu gitaramo umuhanzi w’ icyamamare Koffi Olomide yakoreye i Paris mu Bufaransa ,aho iki gitaramo cyatumiwemo umuhanzikazi ukunzwe muri Uganda witwa Iryn Namubiru wakunzwe mu ndirimbo zirimo Love you , My Love , Nyonyi Ntono ndetse n’izindi.

Nkuko tubikesha ikinyamakuru cya Ugbliz cyatangaje ko mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki ya 15 Mata umuhanzi Koffi yarafite igitaramo i Paris aho nyuma yaje kuhahurira n’umuhanzikazi Iryn ufite inkomoko muri Uganda nawe wataramiye abari aho,hanyuma bikaza kuba ngombwa ko bagirana ibiganiro byihariye kubijyanye na muzika yabo bombi.

Ibiganiro birangiye bagiye gufata ifoto y’urwibutso Koffi Olomide biza kugaragara ko igitsina cye cyabyutse ku buryo byagaragariye buri muntu wese bitewe nuko umwambaro Iryn Namubiru yari yambaye wagaragazaga amabere ye hanze .

Ibi kandi bigaragazwa n’amafoto yafashwe mu gihe bafataga ifoto y’urwibutso bombi ubona ko igitsina cya Koffi cyabyutse mu ipantaro.

Amakuru akaba akomeza avugako hatamenyekanye iherezo rya Koffi gusa ko yahise ava ahabereye igitaramo yerekeza kuri Hoteli yari yateganyirijwe kuraramo.


Comments

Steven 17 April 2018

Ntimugakabye, ntavmcyabaye uwo se niwe wambere koffi ahagararanye nawe irenze