Print

Ba mukerarugeno basambaniye ku nshundura rubanda rubareba

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 17 April 2018 Yasuwe: 4007

Uyu mugabo n’umugore bari batembereye ku mucanga w’ahitwa Ibiza muri Espagne,bananiwe kwihangana niko kwerekeza ku nshundura z’abarobyi zari hafi y’umucanga batangira gusambana nibwo baje gufatwa amashusho n’abantu babarebaga.

Mu mashsho yafashwe aba ba mukerarugendo bari gusambana,humvikanaga urusaku rw’abantu benshi basakuza ndetse batangariye ibyo aba barimo ku karubanda.

Amashusho y’aba ba mukerarugendo yamamaye hirya no hino kuko yashyizwe ku rubuga rwa internet rukorera hafi y’uyu mucanga ukurura abantu rwitwa Periodico de Ibiza.

Aba bantu basambanye ku manywa y’ihangu ndetse benshi bababonye bari muri iki gikorwa ndetse bamwe barabaseka abandi babatera akanyabugabo.

Ubusambanyi bwo karubanda bukomeje gufata indi ntera ku bantu basohokera ku mucanga muri Espagne,aho mu minsi ishize hagaragaye abandi bantu bagiye basambaniye ahitwa Gran Canaria.


Comments

Kabera 17 April 2018

Abantu bakunda sex cyane kandi si bibi ku bantu bashakanye binyuze mu mategeko.Imana isaba abashakanye kwishimisha muli sex.Byisomere muli Imigani Imigani 5:15-19. Imana ivuga ko abasambanyi batazaba mu bwami bw’imana dutegereje (1 Abakorinto 6:9,10).Birababaje kubona abantu basambana ari millions and millions.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli paradizo.Ni ukugira ibitekerezo bigufi,kuko iyo upfuye biba birangiye utazazuka.