Uyu musore yuriye igipangu cy’inyubako Taylor Swift aherutse kugura mu mujyi wa New York, niko kwica ingufuri zari ziyifunze ahita yinjira aryama ku gitanda cy’uyu muhanzi kubw’amahirwe make afatwa na polisi.
Taylor Swift yinjiriwe mu nzu aherutse kugura
Uyu muhanzikazi ntiyari muri uru rugo ubwo uyu musore ukekwaho gushaka kumwica,yinjiraga mu nzu agafatwa aryamye ku gitanda cye.
Inyubako Taylor Swift aherutse kugura yinjiwemo n’ibandi
Uyu mugabo yashinjwe n’ubushinjacyaha icyaha cyo ku rwego rwa mbere cyo gushaka kwica umuntu,ubujura,n’ibindi.