Print

Nyuma yo guca agahigo ko kugira amabere manini yongeyeho n’agahigo ko kuba ari we muzungu wa mbere wihinduye umwirabura[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 24 April 2018 Yasuwe: 3690

Umunyamideli wo mu gihugu cy’u Budage akomeje gutangarirwa n’abatari bake kuko ku myaka ye 29 yamaze guhindura isura akava ku gusa n’umuzungu ahubwo agahinduka umwirabura bitandukanye n’ibyo abirabura bakoraga bakihindura bashaka gusa n’abazungu.

Martina Big kuri ubu akomeje guca uduhigo tutari duke nyuma y’ako kuba ari we muzungu wahinduye isura ndetse n’amabere, kuri ni umwe mu bafite amabere manini kuko amabere ye apima hafi ibiro 12.

Uyu munyamideli nyuma yo kugera muri Kenya kuri ubu yamaze guhabwa izina rishya rya Malayika mukuru dore ko yanamaze kubatizwa.

Amafoto ya Martina Big: