Kuri uyu wa kabiri taliki ya 24 Mata 2018 , umunyarwandakazi Keza abinyujije kuri Facebook yashyize hanze amafoto atandukanye yambaye ubusa , ndetse n’ indi foto imwe yambaye isutiye bigaragara ko uwa mufotoye bari biherere mu nzu , amakuru yakwirakwijwe n’abasanzwe bamuzi bavuze ko uyu mukobwa atuye Kimironko mu mujyi wa Kigali mu mudugudu wa Bukinanyana.
Mu bitekerezo bitandukanye byashyizwe kuri iyi foto bamwe batangariye imyifotoreze yuyu mukobwa bamutaka ko ateye neza ,mu gihe abandi bavuze ko abakobwa bo mu Rwanda bataye umuco , abandi bavuze ko ibi yakoze bisa nibya Sodoma na Gomora kamwe mu duce tuzwihiho ibikorwa bibi gusa.
Si ubwambere mu Rwanda havuzwe abakobwa babyirutse bashyira hanze amafoto yabo agaragaza bambaye ubusa aho twavuga nka Benitha washyize hanze amafoto ye apfutse amabere ,bamwe bavuga ko babikora mu rwego rwo kwisanisha n’abahanzi bakunda , mu gihe abandi bavuga ko babikora mu rwego rwo gushaka abantu babakurikira(Followers) benshi ku mbuga nkoranyambaga zirimo Instagram.
isi yameze amenyo
Eeehh!! noganye na Keza primary!!!
ariko byarantungiye kuko iyo ntago yari imyitwarire ye. Anyway the World rotates, that’s her choice!!
feeling pity of her parents! !
Ministeri ishinzwe umuco nibashaka bahagurukire ibi bintu kuko birakabije pe. kwabara ubusa si umuco w’abanyarwanda. birakabije kandi bimaze gufata indi ntera. ni ukubirwanya.
Bantu barasaze pe IMANA ni tabare
Bantu barasaze pe IMANA ni tabare
ahaa ndumiwe kbs