Print

Mayibobo yasambanyirije ku ngufu umugore ku karubanda bagenzi be bamushungereye

Yanditwe na: Martin Munezero 25 April 2018 Yasuwe: 8294

Umwana w’umuhanda yatunguye benshi bamuguye hejuru yihereranye umugore muri rigore yok u muhanda arikumusambanyiriza ku karubanda, byiyongeyeho ko yari amufashe ku ngufu ntabwumvikane bwabyo bigeze babanza kugirana.

Amashusho y’iyi nkuru yabaye agahoma munwa mu Mujyi wa Nairobi, yatangiye gucicikana kuwa Kabiri tariki 24 Mata 2018,aho umwana w’umuhungu ugaragara nkaho akiri muto ariko wahisemo kwibera ku muhanda yari yifatiye umugore ari kumusambanyiriza iruhande rw’umuhanda muri rigore bagenzi be bamuhagarikiye.

Aya mashusho amara igihe cy’iminota ibir n’igice yiriwe ikwirakwiza n’abakoresha imbuga nkoranyambaga muri Kenya agaragaza uyu mwana w’umuhungu ari gufata ku ngufu umugore ndetse bagenzi be bamuhagaze hejuru bishimye bari no kuvuza akaruru nk’abari gufana umukino ushyushye mu gihe umugorewe yatabazaga asaba ubufasha.

Umuyobozi wa Polisi mu Mujyi wa Nairobi, Nicholas Kamwende yavuze ko nawe yabonye iyi video ndetse kuri ubu bakaba bahamagaje uyu mugore kugira ngo bamubaze kuri izi nsoresore zamukoreye ibikorwa by’urukozasoni.

Ikinyamakuru Nairobi News dukesha iyi nkuru cyavuze ko uyu mugore atari yagera kuri Polisi ngo ibashe kumufasha gukurikirana uyu wamufashe ku ngufu dore ko yari ari kumwe n’insoresore bivugwa ko babana hano ku mihanda muri uyu Mujyi wa Nairobi.

Byitezwe ko igihe uyu mugore yaba amaze kugaragaza impamvu y’ikibazo cyamugwiririye, hatangira gukorwa iperereza ndetse ababigizemo urughare bagashyirwa mu maboko ya polisi dore ko n’abatuye umujyi wa Nairobi bavuga ko ibyabaye ari amarorerwa akomeye.


Comments

bitekerezo 26 April 2018

ariko inkuru zanyu ziteye zite ntayandi makuru mugira uretse izabambaye ubusa,nukuvuga amakuru muyakura munnyo zabandi tuuu ntabindi byo kuvuga ? nukuntu muba muri update ark inkuru ntakigenda kbs!


Dedeus 26 April 2018

Iy nkuru yuzuyemw ububeshi,,twerek amaphoto yabo


ggg 26 April 2018

inkuru zanyu turazirambiwe mwataye umwimerere wanyu mugira inkuru zo gushitura abantu gusa kandi ari empty


elias 26 April 2018

Umva mwa banyamakuru mwem wandika,rwose mujye muba abanyamwuga,iyi nkuru isa naho ari impimbano,kuko mutagaragaza aho mwayikuye(source),ikindi ntiyuzuye,umugore utagira izina,mayibobo itagira izina,...,ikindi mujye mumenya ko izi nkuru muduha zisomwa ningeri nyinshi zirimo nabanyabwenge bize,...so byari inama kugirango inkuru irusheho kugira umwimereri nuburyohe