Print

Kanye West yatangaje ikintu cya mbere azakora naramuka atorewe kuyobora Amerika benshi baramuseka cyane

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 26 April 2018 Yasuwe: 1318

Yeez n’izina ry’akabyiniriro uyu muhanzi yiyita ndetse yita imyenda akora, byatumye avuga ko azahindura izina rya Air Force One akayita Yeezy Force one naramuka atorewe kuyobora Amerika mu mwaka wa 2024.

Ikintu kanye West azahindura naba perezida wa USA cyasekeje benshi

Kanye West yasohoye amafoto ariho amshusho ye benshi bahita bemeza ko uyu muhanzi yifuza kuziyamamariza kuyobora Amerika nubwo atarabitangaza neza.

Ubwo Kanye West yashyiraga ku rukuta rwe rwa Twitter ko ashaka kwiyamamariza kuyobora USA mu mwaka wa 2024,yahise asiba ubu butumwa nyuma y’amasegonda make.