Umushoferi w’ iyi bisi yabonye itangiye gushya abwira abagenzi bose kuyisohokamo vuba na bwangu. Kugeza ubu nta muntu biramekenyakana ko yaba yaburiye ubuzima muri iyi mpanuka.
Saa tatu na 20 aba bagenzi bari bagitegereje indi modoka yo kubatwara.
Iyi bisi yahagurutse muri gare ya Musanze saa 7: 40 yerekeza mu mugi wa Kigali. Icyateye iyi nkongi ntabwo kiramenyekana.
Jya ushyiraho phone number.