Uyu mukobwa yashyamiranye n’umukunzi we mu kabari mu gihe yamubwiraga amagambo menshi umusore akabona ko arimo gusebereza imbere y’abakiriya bari basohokeye muri ako kabari yamukubise urushyi umukobwa yikubita hasi niko gutangira kwifata amashusho.
Bamwe mu bafashe amashusho bakayasakaza ku mbuga nkoranyambaga bavuze ko bacyetse ko uyu mukobwa yafashe aya mashusho ngo azerekane gihamya kuri Police ko umukunzi we yamukubise.