Umuhanzikazi Desire Luzinda umwe mu bakunzwe I Kampala muri Uganda bitewe n’ ikimero cye mu kiganiro na Televiziyo ya NTV ubwo yabazwaga igihe ateganye gushakira umugabo yavuze ko abiteganya mu gihe cya vuba gusa ngo byaba akarusho mu gihe abonye umugabo ufite buri kimwe nyenerwa.
Yagize ati " Ndashaka umugabo wubaha Imana , Umugabo uzakunda umwana wanjye , ndetse witeguye kumba hafi tukishimana iminsi yose "
Ibi bije nyuma yuko uwari umukunzi we amuteye inda nyuma akamuta kubera ko ntabushobozi yari afite aribyo byatumye ahitamo inzira ikwiye kugira ngo azashake umugabo umukunda ndetse ufite akazi keza kamuha amafaranga agaragara kugirango azamwibagize abagabo bose bakundanye.
Magingo aya Desire Luzinda afite umwana umwe aho akora akazi ko kuririmba.
Arashaka umugabo cg arashaka fr