Print

Umukobwa yakoze agashya mu ifatwa ry’amashusho y’ indirimbo ya Mukadaff na Bull Dog [ AMAFOTO]

Yanditwe na: Muhire Jason 8 May 2018 Yasuwe: 6394


Hashize iminsi ku mbuga nkoranyammbaga hakwirakwizwa ikirango cy’ indirimbo nshya ya Mukadaff ndetse na Bull Do aho mu cyumweru gishize aribwo hafashe amashusho ya nyuma yiyi ndirimbo kuri ubu iri gutunganwa na A-B Godwine umwe mu basore bakora amashusho mu Rwanda .

Mu Mashusho amwe yagiye hanze hagaragayemo umukobwa wambaye umwenda umeze nk’ikabutura cyangwa ikanzu ngufi, niwe wakunze kwifotoza ari kumwe n’abahungu mu buryo butangaje bwagarutsweho n’ababonye aya mafoto ku mbuga nkoranyamba zitandukanye zirimo Instagram.

REBA AMAFOTO:








Comments

kwicuma 8 May 2018

hahahahhaha mbega ururaya ruryoshyeee