Ubwo abandi bari barangariye umupira,uyu musore n’inkumi bo bahuje urugwiro bananirwa kwihangana niko kujya kwikinga mu marembo ya stade batangira gukora imibonano mpuzabitsina rubanda rubareba.
uyu muhungu n’umukobwa basambaniye inyuma y’iyi stade yarimo abantu benshi
Aba bombi bakoze aya mahano ku manywa y’ihangu kuko uyu mukino wabaye ku cyumweru nyuma ya saa sita,bahurira kuri stade niko kwigira inama yo kujya gusambanira hanze gato yayo.
Muri aya mafoto bafashwe,hafi yabo hari abafana bari bicaye babateye umugongo ndetse n’abakozi b’iyi stade bo bari bari kwirebera iyi filimi y’urukozasoni.
Aya mafoto yafashwe aba bombi,umukobwa yari yambaye ubusa hasi ndetse umuhungu amuryamye hejuru.