Umuhanzi David Adedeji Adeleke uzwi nka Davido nyuma yo guha umukunzi we Chioma impano y’imodoka ya Ranger Lover Sport , kuri ubu abinyujije kuri Twitter yavuze ko yamaze kugura indege ndetse ko mu gihe cya vuba iraba imugezeho .
Yagize ati “ Namaze kuyigura [..] igiye kungeraho.
Davido kuri ubu yiyongereye ku rutonde rw’abahanzi bafite indege bajyendamo barimo , Don Jazz ,ndetse n’abandi bahanzi bafite agatubutse mu gihugu cya Nigeria .