Print

Abaturage buriye igiti cy’inganzamarumbo mu gihe bari bategereje Perezida [ AMAFOTO ]

Yanditwe na: Muhire Jason 16 May 2018 Yasuwe: 3195


Abantu benshi batangariye uburyo abaturage ba muri Jigawa buriye igiti cy’ inganzamarumbo ari benshi mu gihe bari baje kwakira umukuru w’igihugu cyabo Mohammad Buhari, aho bamwe babifashe nk’ umugisha kuko ubusanzwe iki giti kifashishwa ku munsi mukuru wa Noheli aho kirangwa ahanini n’ imitako ishushanya inyenyeri zicyuzuyeho , aho bamwe bagiraga bavugaga ko igikorwa nkiki kigaragaza umugisha kubera umubare w’abantu barenga 30 buriye igiti bashaka kwirebera umuntu umwe

ati " Iki si igiti cya Noheli, ahubwo ni abari baje kwakira Perezida Buhari muri Jigawa kugirango abacyemurire n’ ibibazo byabo , ibi bigaragaza umugisha umuyobozi afite ndetse nuko akunzwe .