Print

Amwe mu makanzu y’abageni yatangaje benshi mu bayabonye [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 18 May 2018 Yasuwe: 7266

Muri iyi minsi abageni bakunze kwambara amakanzu atangaje atuma benshi babibazaho ndetse bamwe bagacika ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga bashima cyangwa banenga imyambarire yo mu bukwe bumwe na bumwe.

Mu gihe habura amasaha make kugira ngo ubukwe bw’uwahoze ari umukinnyi wa filimi Meghan Markle na Prince Harry bube,benshi bategerezanyije amatsiko menshi kureba ikanzu uyu mukobwa azaba yambaye izaba yambaye kuko ifite agaciro k’ibihumbi 100 by’amapawundi,ahwaanye na miliyoni zisaga 100 z’amafaranga y’u Rwanda.

Umuryango ugiye kubagezaho amwe mu mafoto y’amakanzu dukesha ikinyamakuru The Sun yatangaje benshi mu bayabonye ndetse bakibaza cyane icyateye abageni kuyahitamo.