Ku mugabane wa Afurika hari ibihugu bizwiho kuba bifite abakobwa beza kurusha abandi, gusa ikiza ku mwanya wa mbere mu bihugu 10 biyoboye ibindi kiraza kugutungura kuko utakekaga ko cyaza kuri uwo mwanya.
Dore uko ikinyamakuru cyitwa howafrica cyakoze urutonde rw’ibihugu 10 bifite abakobwa beza muri Afrika.
10.Tanzaniya
Tanzaniya ni igihugu cyizwiho kugira abakobwa beza muri Afurika kandi bazi kwiyitaho ku buryo umubiri wabo uhora usa neza kandi bakamenya gukurura ababareba
9.Kenya
Abakobwa n’abagore bo muri Kenya nabo baza mu bakobwa n’abagore beza muri Afurika bakaba bazwiho gukunda nyabyo, kubana n’abandi neza no gukunda umurimo.
8. Ghana
Ghana ni igihugu cyo mu burengerazuba bwa Afrika kizwiho kugira abakobwa n’abagore beza bazwiho kuba bagira igikara kinoze ku buryo ubwiza bwabo ububona iyo ubitekegeje cyane, si bwa bwiza uhita ubona umuntu akunyuzeho ngo uhite ukubitwa nabwo.
7.Nigeria
Nigeria iza ku mwanya wa karindwi gusa bikunze kuvugwa ko abagore n’abakobwa baho bashakira ubwiza mu birungo( maquillage) ariko bakamenya kubyisiga neza ku buryo bibabera wabareba ukabona babaye beza.
6.Afurika y’epfo
Afurika y’epfo nayo iri mu biguhu bigira bagore n’abakobwa beza muri Afurika nubwo ari igihugu gituwemo n’abantu b’amoko atandukanye barimo abazungu n’abirabura.
5.Angola
Angola nayo iri mu biguhu bifite abakobwa beza bazwiho kuba bafite uruhu rujya gusa nka shokola, uruhu rukunda kwifuzwa na benshi kuko rugaragara neza.
4.Cape Vert
Ikirwa cya cape Vert naho haba abakobwa beza n’ubwo hadatuwe cyane. Abakobwa n’abagore baho nabo bazwiho kugira uruhu rwiza rwa shokora.
3.Ethiopia
Ethiopia nayo izwiho kugira bakobwa beza kandi bafite igihagararo bakanatera neza.
2. Somalia
Igihugu cya Somalia nacyo kigira abakobwa beza bateye neza kandi bafite uruhu rwiza rutemba itoto.
1.Rwanda
Bikunzwe kuvugwa ko mu Rwanda haba abakobwa n’abagore beza abantu benshi bakabigira impaka nyamara n’ibinyamakuru byo hanze bikora ubushakashatsi bikemeza ko koko mu Rwanda ari iwabo w’abakobwa beza n’abahungu beza bityo bagashyirwa ku mwanya wa mbere muri Afrika.
Ubundi u RWANDA, dufite abakobwa pe, ark ethiopia bayibye
hahahahahaha, urabona ethiopia twayinyurahe koko
aho harim no gukabya kabisa
ahubwo wenda turi nk’aba gatato nyuma ya ethiopia na somalia
Iyi yose ni imitwe , uba yakoze urutonde hari icyo ashobora kwirengangiza cyangwa yitaye wenda kuba miss b ibihugu! Naho ubundi ibi ni ukwitaka ibyo tudakwiye kuko no muri 20 ba mbere ntiturimo! Keretse nimba ari ubwiza k umutima yagendeyeho kuko nibwo ntarabasha gupima
ariko mwagiye mureka kubeshya koko yego turabafite neza ariko ntibaruta somariya etiopia