Print

Imyambarire y’inzaduka iharawe n’Abanyafurikakazi ibambika ubusa ikomeje gutungura abatari bake[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 21 May 2018 Yasuwe: 4872

Umugabane wa Afurika ni umwe ugizwe n’imico, imyumvire ndetse n’imibereho isa nkaho ijya gutandukana cyane, aha twavuga nko mu myambarire , aho usanga bamwe bambara bakikwiza abandi bakambara impu cyangwa ibitenge.

Kugeza ubu aho iterambere ryaziye usanga bamwe barataye umuco wa kinyafurika maze bakaduka uw’abazungu umuntu atatinya kuvuga ko ari urukozasoni, muri iyi nkuru Umuryango.rw twabateguriye imwe mu myambarire iteye umujinya irimo igaragara muri Afurika hirya no hino.

Abazungu ntago mu byukuri batuzaniye ibintu bibi gusa ahubwo hari n’ibyiza cyane ko ari nabo batuzaniye imyenda, none twayihinduyemo ibyo twishakira.

Dore imwe mu myambarire idakwiye irimo kugaragara muri Afurika:




Comments

Davy Prince Nzobigeraho 21 May 2018

Benshi bifuza kuja à LA mode bakibagira ko amajambere ajana n’amajanyuma murundi ruhande.so,dukwiye kuva ico dushaka kuba atarico twabonye abandi babaye!