Ikibazo cyo kutagira ububobere mu gitsina ku bagore bamwe gikomeje kuvugisha abantu amagambo menshi aho usanga bamwe bibaza icyo bakora kugira ngo bahangane n’iki kibazo ndetse abandi bakibaza ikibitera.
Iyo uganiriye n’abagore batandukanye by’umwihariko ku bijyanye n’imigendekere myiza y’imibonano mpuzabitsina , ikiganiro nticyarangira hatavuzwe ku bubobere bwo mu gitsina. Bamwe babazanya icyatuma buba bwinshi , abandi bataka ko ntabwo bagira, cyangwa se ubwo bafite budahagije .
Ese ubundi ni iki gitera kubura ububobere mu gitsina
Ubundi ikibazo cyo kubura ububobere mu gitsina gikunze kugaragara ku bantu bageze igihe cyo gucura (batakibyara) n’abamaze igihe kitari kinini babyaye.
Mu bishobora gutera iki kibazo harimo indwara zitandukanye nka kanseri n’indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina, Ibi biri mu bituma umusemburo wa Ostrogene ubura ari nawo utuma habaho ububobere mu gitsina cy’umugore.
Ibiribwa ushobora kwifashisha mu guhangana n’iki kibazo
Nk’uko bitangazwa n’abagore bamwe bagiye bajya kwa muganga kubera iki kibazo bakabwira ko bagiye bagirwa inama yo kurya ibiryo bikungahaye kuri vitamine ya E kuko aribyo bituma uyu musemburo wa Ostrogene utuma habaho ububobere mu gitsina wiyongera ndetse bigatuma bagira amavangingo menshi mu gihe cyo gutera akabariro n’abatware babo.
Bimwe mu biribwa abantu bafite iki kibazo bagirwa inama yo kurya harimo: amafi, soya, ubunyobwa, pomme, imboga rwatsi, sezame, ingano, ibihaza, ibitoki, isombe, n’imbuto, ibi bishobora gufasha umugore ufite iki kibazo guhangana nacyo. Ikindi ni uko kunywa amazi no gukora imyitozo ngororamubiri nabyo ari bimwe mu bituma amaraso atembera neza mu mubiri ndetse bikaba bifite akamaro cyane ku muntu uhura n’iki kibazo cyo kugira amavagingo macye mu mubiri we.
Njyewe umugore ntanaduke tuza kdi nigeze kubikora ahandi rwose biraza aranyara bikaze gusa hari umuntu wandangiye ibyatsi bita umusororo sinzi niba nzawumuha bigakunda
Njye nabazaga nti ese kucyi iyo maze gutera akabariro mba ncaka kujya kunyara buri kanya biterwa Niki??
Njye nabazaga nti ese kucyi iyo maze gutera akabariro mba ncaka kujya kunyara buri kanya biterwa Niki???
Muzashake.kuri Uzi.nimero.za.watsap.0725406301 nanjye yampaye.umuti
Nnc ntabyatsi mwaturajyira umuntu yanwa akabona ububobere cg amavangingo? Murakoze
Nnc ntabyatsi mwaturajyira umuntu yanwa akabona ububobere cg amavangingo? Murakoze
kutwigisha ibyinshi tutazi nk’urubyiruko. murakoze
Njye ninkikibazo, nashakanye n’umugabo tumaze amezi 2 iyoturimo dutera akabaruro sinyara Kandi mba numva mbishaka
Muraho mwese, burya kubura amavangingo ni umwaku, bivuze ko ntagaciro umutware wawe aguha. byatuma aguca ninyuma, nanjye niko nari naragowe narumye. Uyu Muntu yampaye umuti, mumuhamare 0788354951. Muzanshimire nyuma.
Muraho mwese, burya kubura amavangingo ni umwaku, bivuze ko ntagaciro umutware wawe aguha. byatuma aguca ninyuma, nanjye niko nari naragowe narumye. Uyu Muntu yampaye umuti, mumuhamare 0788354951. Muzanshimire nyuma.
Nibyiza cyane pe murakoze kunama muduhaye
None c ko Hari ugira ububobere kugeza igikorwa kurangira arko ntanyare byo biterwa Niki? Ese yabigenza ate?
Nonese iki kibazo cyo kugira amavangingo make gishobora kubangamira gusama?
Arikosi ntatwatsi two umuntu yakoresha mugihe abuze ibyokurya bya vitamin E nibura akaduteka akanywa amazi yatwo
Ariko si ntatwatsi twumuntu yakoresha mugihe abuze ibyobyokurya Wenda akaduteka akanywa amazi yatwo