Print

Bahati wo muri Just Family yajyanwe mu bitaro igitaraganya kubera indwara y’umutima

Yanditwe na: Muhire Jason 28 May 2018 Yasuwe: 1424

Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru Taliki ya 27 Gicurasi 2018 , umuhanzi Bahati yafashwe n’uburwayi butunguranye ajyanwa kwa muganga byihuse bamuha igitanda gusa ngo mu buzima busanzwe arwara umutima ndetse afate ikizere ko uyu munsi ibitaro byamusezerera agasubira mu rugo Yagize ati” Nsanzwe ngira ikibazo cy’umutima ari nacyo nahuye nacyo mu ijoro ryatambutse aho nivurije bahise bampa ibitaro kugirango nitabweho neza ariko ubu ndimo koroherwa.”

Yagize ati “Nsanzwe ngira ikibazo cy’umutima ari nacyo nahuye nacyo mu ijoro ryatambutse aho nivurije bahise bampa ibitaro kugirango nitabweho neza ariko ubu ndimo koroherwa.”

Ubu ari mu bitaro ariko ngo arumva yorohewe nib anta gihindutse baramusezerera uyu munsi ajye kuba aruhukira mu rugo ndetse afata n’imiti yahawe na muganga.