Print

Ku munota wa nyuma Padiri yanze gusezeranya umwana w’imyaka 12 n’umusaza w’imyaka 60 muri kiliziya

Yanditwe na: Muhire Jason 31 May 2018 Yasuwe: 5326

Uyu musaza n’Umufasha we bakomoka mu bihugu by’abarabu, kuri uyu wa mbere akaba ari bwo biyemeje kurushinga imbere y’amategeko ndetse n’imbere y’imana. Gusa abenshi mu batashye ubwo bukwe bakaba bibaza impamvu umuryango w’Umukobwa wemeye gushyingira umwana wabo umusaza.

Gusa umugabo we ni ibyishimo byinshi akaba yatangaje ko yakunze uwo mwana nawe akamukunda.

Yagize ati “ sinitaye ku byo abantu bavuga kuko nge n’umukunzi wange twakundanye igihe kirerekire kandi n’ababyeyi be barabyemera”

Kubaraho bo, bamwe banze gusigira uwo mugabo umugeni we, bavuga ko yaba yashakanye n’umwana abyaye.

Gusa abanyarwanda nibo bagize bati “ agahugu umuco akandi umuco” aho mu bihugu by’amahanga baha uburenganzira buri muntu gushaka igihe ashakiye mu gihe twe abanyarwanda nibura ugomba kuba wujuje imyaka 21.


Comments

Gatera 31 May 2018

Niba nibuka neza,CORAN yemerera Abaslamu kurongora abakobwa bato.Uyu muco ubaho cyane mu bihugu by’Abarabu.
Bafite andi mategeko atandukanye n’ayo tumenyereye dusanga muli Bible.Urugero,umuslamu yemerewe kubana n’umugore wo mu gihugu agiyemo,agakwa amafaranga menshi Family ye.Hanyuma yataha akazamusiga.Nibyo bita "temporary wedding" cyangwa "MUTA" mu cyarabu.Nyamara Bible ivuga ko iyo urongoye umuntu,mugomba kubana iteka,kuko muba mubaye umubiri umwe (Genesis 2:24).Ntabwo imana yemera biriya bya Poligamy cyangwa kurongora abana.