Aya mafoto yagaragaje umugore ari gusambana n’umugabo bahagaze byatumye benshi mu barebye aya mafoto ku mbuga nkoranyambaga banenga cyane aba bombi cyane ko ibyo bakoze babikoreye imbere y’abagenzi bari bategereje gari ya moshi.
Uwafashe amashusho y’aba bombi yakoresheje telefoni ndetse yavuze ko batigeze bashaka guhisha iki gikorwa cy’urukozasoni barimo bakora.
Uyu mugabo n’umugore bakoraga imibonano mpuzabitsina yo mu kanwa ndetse umugore yari yaciye bugufi umugabo ahagaze.
Ababonye aya mashusho barimo uwitwa Diana Sara n’abandi banenze uyu mugabo n’umugore kuko bakoreye imbere y’abantu barimo n’abana bato.