Print

Amafoto yaciye ibintu: Mu mukwabo wo gufunga amahoteri bamwe mu bakobwa baguwe gitumo baryamanye n’abagabo

Yanditwe na: Muhire Jason 5 June 2018 Yasuwe: 14184

Mu gihugu cya Thailand hakozwe keke (cake) zifite ishusho y’igitsinagabo zivugisha abantu amangambure.


Umugabo wo muri Nigeria yafashwe arimo gusambana n’umugore wabandi bamutegeka ko akomeza igikorwa yakoraga .

Mu mukwabu wabereye mu gace ka Galadima muri Maiduguri, muri leta ya Borno ubwo ku munsi w’ejo tariki ya 3 Kamena 2018, inzego z’ubuyobozi mu gihugu cya Nigeria zafungaga amahoteri atemewe anashinjwa ibikorwa binyuranye n’amahame yayo birimo gukoresherezwamo ibiyobyabwenge no gusamanyirizamo abana bakiri bato, hatahuwemo abana b’abakobwa bari mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 16 na 18 bari kumwe n’abakiriya babo barabatamaza.




Reba amafoto atandukanye yavugishije abantu ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye zirimo Facebook ndetse na Instagram.