Print

Indaya ziri mu gahinda gakomeye kubera igihombo ziterwa n’abagabo basiramuwe

Yanditwe na: Muhire Jason 7 June 2018 Yasuwe: 14033

Icyegeranyo cyashyizwe hanze n’abibumbiye mu muryango MARCH wibanda kuri gahunda zijyanye na SIDA kigaragaza ko abakora umwuga w’uburaya batangiye kwikoma abagabo bakebwe kubera gukora imibonano mpuzabitsina ntibarangize vuba.

Ubushakashatsi bugaragaza ko abagabo bakebwe bamara igihe kirekire ntibarangize vuba.

Bamwe mu bakobwa bakora akazi ko kwicuruza [ uburaya] mu gihugu cya Zambia bavuga umwe mu bakora uyu mwuga yatangaje ko abagabo bakebwe babicira isoko ugereranyije n’abagabo badakebwe kuko bamarana amasaha menshi nabo mu gitanda kubera gutinda kurangiza mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina.

Umwe mu bagabo basiramuwe witwa Henry Nyanga yatangaje ko ababajwe n’amategeko yashyizweho na Leta ndetse ko impande zose zitayishimiye kubera ko hari abo bibangamiye , ahubwo asaba ko icyo gikorwa cyo cyakorwa n’umuntu kubushake bwe ndetse bakorohereza bamwe mu bakobwa bavuga ko babangamirwa n’abagabo batinda kurangiza vuba.


Comments

9 June 2018

nukuri ni babareke base baraorana n’abagabo badakebwe