Print

Abahanga mu binyabuzima batewe ubwoba n’ikinyamaswa kidasanzwe cyagaragaye bwa mbere muri Namibia [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 8 June 2018 Yasuwe: 7291

Iki kinyamaswa kinini cyane cyagaragaye ku mucanga wo muri Namibia gikura benshi umuteka kugeza ku bahanga bakibonye ndetse batangaza ko kuva isi yabaho aribwo bwa mbere babonye inyamaswa iteye gutyo.

Iki kinyamaswa gifite umunwa nk’uwi ifi kireshya na metero 6 z’uburebure,cyagaragaye ku mucanga wo muri pariki ya Dorob yo mu gihugu cya Namibia.

Umushakashatsi kuri aya mafi ya Dolphin Dr Simon Elwen yavuze ko mu by’ukuri aribwo bwa mbere yabona ifi imeze gutya ndetse atahita yemeza icyo iyi nyamaswa ari aricyo .