Print

Abagore basaga ibihumbi 2500 bifotoje bambaye ubusa mu rwego rwo gukusanya amafaranga yo kurwanya kanseri [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 11 June 2018 Yasuwe: 5119

Aba bagore biganjemo abageze mu za bukuru kuko ikigero cy’imyaka yabo cyari 80,bagaragaye ku mucanga bambaye ubusa ndetse ubwinshi bwabo bwatangaje benshi cyane.

Aba bagore bari biganjemo abarwaye kanseri ndetse n’ababashije kuyikira,bageze kuri uyu mucanga bose bambaye ubusa ndetse boga mu Nyanja ari ikivunge mu rwego rwo gukusanya amafaranga yo kurwanya kanseri.

Icyatangaje benshi ni ukuntu aba bagore bagiye koga mu Nyanja iri kuri dogere 10 z’ubukonje ndetse n’ukuntu bahuje umugambi ari benshi kuri uru rwego.