Reba Amafoto atangaje yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga bigatuma benshi bibaza kuri ba nyirayo. Benshi mu batuye isi bakomeje gutungurana kubera amafoto atandukanye bagenda bashyira ku rubuga rwa Instagram byatumye bamwe bafatwa nk’abasazi kubera amafoto atangaje bagiye bashyira hanze.
Umukobwa witwa Megan Barton w’imyaka 24 ukomoka mu Bwongereza uri guhatana mu irushanwa rya Love Island,ritegurwa ndetse rigaca imbonankubone kuri televiziyo yitwa ITV 2 rigahuza abahungu n’abakobwa 12 bigabanyamo ama couple iyigaragaje igahembwa,yifotoje yambaye ubusa mu rwego rwo gushaka amajwi.
Reba amafoto atandukanye yavugishije ibintu ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye zirimo Facebook ndetse na Instagram.
Umusore yagundaguranye n’umugore mu rusengero rwagati mu gihe pastier yaramaze kubasezeranya abasabye ko basomana maze umugore akabyanga umugabo agashaka kubikora ku ngufu abari aho bakumirwa .
Umunyarwandakazi Keza yashyize hanze amafoto agaragaza imiterere ye ku mbuga nkoranyambaga.
Umusore yarongoye umukobwa ufite umubyibuho utangaje mu gihe umuryango we wamucaga intege uvuga ko ku isi hari abakobwa beza kandi baringaniye yagira umugore , mu gihe we yavugaga ko akunda uyu mukobwa uzwi nka Joy