Print

Reba ubwiza bwa zimwe muri Stade ziri gukinirwaho igikombe cy’ isi 2018

Yanditwe na: Muhire Jason 15 June 2018 Yasuwe: 1652

Kuri uyu wa 14 Kanama 2018 nibwo hatangijwe imikino y’ igikombe cy’ isi aho magingo aya kiri kubera mu gihugu cy’ Uburusiya ndetse ubona ko iki gihugu kiteguye bihagije iyi mikino ubusanzwe ihuza ibihugu by’ ibihangage ku isi biba byaje biserukiye amakipe yabyo yahoo bikomoko

Uyu munsi tugiye kubereka amafoto agaragaza zimwe muri Stade zubatse mu buryo butangaje ziri gukinirwaho imikino y’igikombe cy’isi.













Comments

Gatare 15 June 2018

Mu isi haba ibintu byinshi byiza cyane.Niyo mpamvu abafite amafaranga bakora Tourism.Bakareba ubwiza-nyaburanga,inyamaswa muli Parks,imigezi,etc...Ariko noneho mujye mutekereza ukuntu isi nshya dusoma muli 2 Petero 3:13 izaba imeze.Isi yose izaba imeze nka EDEN.Bwa busitani Adamu na Eva babagamo mbere yuko bakora ibyo imana yababujije (Kurya imbuto yo mu Busitani).Muli iyo si nshya ya Paradizo,tuzaba dukina n’intare,inzoka,etc...(Yesaya 11:6-8).
Nta muntu uzongera gukena,kurwana,kurwara,gusaza no gupfa (Ibyahishuwe 21:4).Abantu bazahora ari abajene (Yobu 33:25).Kandi bakundana cyane.Bazatembera aho bashaka nta kwishyura cyangwa Visas.Niba ushaka kuzaba muli Paradizo,shaka imana cyane,aho kwibera mu byisi gusa.Kubera ko abantu bibera mu byisi gusa,imana ibita "abanzi bayo" (Yakobo 4:4).Dukore kugirango tubeho,ariko kandi dushake n’imana.Twige Bible,tujye mu materaniro kandi tujye no mu nzira tubwirize abantu nkuko Yesu yabigenzaga.Niwo murimo imana yasabye abakristu nyakuri bose nkuko tubisoma muli Yohana 14:12.