Print

Hakozwe igipupe cyo gufasha abagabo gutera akabariro kizajya cyizimya umugabo acyitwayeho nabi

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 18 June 2018 Yasuwe: 5877

Mu rwego rwo guhima abagabo batazi gutegura abagore neza mbere y’imibonano mpuzabitsina ndetse n’abatazi gukorakora abagore babo,uyu muhanga yakoze iri robo mu rwego rwo kwigisha abagabo kwitwara neza mu gihe cyo gutera akabariro ndetse iri robo zizajya ryizimya umugabo arumange igihe cyose atarifashije kwinjira neza mu gikorwa cyo gukora imibonano mpuzabitsina.

Iri robo ryahawe ubushobozi bwo kumva cyane igihe umugabo ari kurikorakora ndetse mu gihe rizajya ribihirwa rizajya rihita rizima.

Iki kirobo kirahenze cyane kuko kigura amapawundi agera ku bihumbi 3,600 hafi miliyoni 4 z’amafaranga y’u Rwanda mu gihe inkwano ya miliyoni imwe ku mugore mu Rwanda yatumye abantu bacika ururondogoro.


Comments

Mazina 18 June 2018

Ibi byose byerekana ko isi iri mu minsi y’imperuka nkuko Bible ivuga muli 2 Timote 3:1.Abantu noneho bagiye kuzajya basambana na Robots.Erega n’ubundi iyo ugiye I Burayi no muli Amerika,uhasanga amaduka acuruza sex z’inkorano (iz’abagabo n’abagore),ukazigura ukazisambanya.Byaba gusambana na Robot cyangwa sex y’inkorano,byaba gusambana n’umuntu mutateye igikumwe,byose ni ubusambanyi.Imana irabwanga cyane ku buryo ku munsi w’imperuka izarimbura ababikora bose,kimwe n’abicanyi,abajura,abasinzi,etc...(1 Abakorinto 6:9,10).Nkuko byagenze ku gihe cya NOWA ubwo imana yicaga abantu bose bali batuye isi hakarokoka abantu 8 gusa bumviraga imana,n’ubu niko izabigenza ku Munsi w’Imperuka wegereje.Ngo isi yose izaba yuzuye intumbi z’abantu bishwe n’Uwiteka.Byisomere muli Yeremiya 25:33.Hazarokoka abantu bake bumvira imana.Byaba byiza dushatse imana cyane,aho kwibera mu byisi gusa.Dukore kugirango tubeho,ariko kandi dushake n’imana mbere yuko uwo munsi uza.Bible ivuga ko uzaba uteye ubwoba.Nabyo byisomere muli Yoweli 2:11.Impamvu imana ikura mu isi abantu bayisuzugura,nukugirango abasigaye babeho mu mahoro.
Ni nkuko Leta yica cyangwa igafunga abicanyi,abasambanyi,abajura,etc...


GGG 18 June 2018

Azakigishe no kwirwanaho ariko kuko uzarumanga akarakara azagikubita inshyi nyinshi. Ubwo rero kigomba kugira ubwirinzi bukomeye.