Print

Umupasiteri akomeje kuregwa n’itorero kubera amafoto ye yambaye ubusa yashyizzwe hanze[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 20 June 2018 Yasuwe: 4312

Umugore we ubu afite agahinda katoroshye aho yatangaje ko,ababajwe cyane nuburyo nta muntu umuhora iruhande nkawe,kandi ko ntacyo yigeze amuburana agifite.Pasiteri Charles kandi ngo si ubwambere agerageje guca inyuma umugore we kuko hari n’ikindi gihe yabikoze mu myaka yashize.

Uyu mu paster yigeze no guhabwa igihembo cya Grammy Award,gusa ntawe uramenya neza niba koko umugore we,abana be ndetse n’abakirisitu be hari uzongera kumwizera noneho,umwe mu banyabwenge bahariya mu gihugu cya Amerika yagize icyo abivugaho ibyuyu mupasiteri.

Yagize ati “Iyi ni isura mbi kuri we,kandi bikaba n’uburwayi bukabije,ibaze kugira ngo umupasiteri muzima ashyire ifotoye hanze yambaye ubusa!!Pasiteri akwiriye gukorerwa isuzuma,kandi akeneye imana nonaha kurusha ibindi byose.”

Uyu niwo muryango wa pasiteri

Pasiteri arikuregwa n’idini rye kuba yararikoresheja mu nyungu ze bwite.Pasiteri Charles arubatse afite umugore n’abana 3,abakobwa 2 n’umuhungu 1.