Print

Amafoto y’umuhanzikazi nyarwanda yifotoza asa n’uwambaye ubusa akomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 21 June 2018 Yasuwe: 6343


Ugereranyije amafoto y’uyu muhanzikazi ndetse nay’abandi bagiye bavugwaho amafoto ashotorana usanga aya yo akabije k’uburyo biri gutuma abantu bose bibaza impamvu yaba itera uyu mukobwa gukwirakwiza amafoto ye agaragaza ubwambure bwe.

Sunny amafoto ye yambaye ubusa akaba akomeje kuyakwirakwiza hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga.






Comments

Vodine 22 June 2018

imperuka imperuka! Yesu araje guhemba abakoze neza no guhana abakoze nabi


Gatare 22 June 2018

Kwambara ubusa iruhande rw’igitanda,bisobanura "KARIBU" ku bagabo.Abakobwa benshi bakeka ko kwambara ubusa bibaha agaciro.Ntabwo bazi ko bigira opposite effect (effet inverse) kuko bituma abagabo babifuza kugirango baryamane.Ntabwo ari byiza kwanika amabere,ibibero,sex imana yaguhaye.Yabiguhaye kugirango uzabihe gusa umuntu umwe muzabana biciye mu mategeko.Ikibabaje nuko abasore n’abagabo nyamwinshi baba bashaka kureba abakobwa bambara ubusa.Ntabwo bazi ko imana itubuza gukomeza kureba abakobwa n’abagore,kugirango bitatugusha mu busambanyi.Bisome muli Matayo 5:28.Ni icyaha gukomeza kubareba.Imana ishaka ko twigana YOBU.Ntabwo yitegerezaga abagore (Job 31:1).Kandi abantu bakora ibyo imana yanga kubera gushaka kwishimisha no gukira,nibo benshi mu isi.Impamvu imana yatinze kuzana IMPERUKA,nuko ishaka ko abantu bose bahinduka,bakava mu gushaka ibyisi gusa,bityo bakazaba muli paradizo.Bisome muli 2 Petero 3:9.Kubera ko abantu banze kumva ibyo imana idusaba,ahubwo bakaba barushaho kuba babi,igiye kuzana Imperuka.Hazarokoka abantu bake bayumvira (Imigani 2:21,22).