Print

Uburanga bw’umukunzi wa Leno uherutse gusinyira Arsenal bwatangaje benshi [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 22 June 2018 Yasuwe: 3094

Leno werekeje mu ikipe ya Arsenal avuye muri Bayer Leverkusen ku kayabo ka miliyoni 22 z’amapawundi,ari mu rukundo n’uyu mukobwa w’imyaka 21 nawe ukomoka mu Budage.

Sophie Christin akunze kugaragara ku mbuga nkoranyambaga ari kumwe na Leno ndetse inshuro nyinshi yagiye ajya ku mikino ya Leverkusen umugabo we yakinagamo.

Leno na Sophie Christin bamaze imyaka 2 bakundana ndetse urukundo rwabo basigaye barugaragaza ku mbuga nkoranyambaga nka Instagram.











Comments

Mazina 22 June 2018

Uburanga bw’abakobwa benshi ni bwiza ku bagabo.Ikibazo nuko babukoresha mu bintu imana itubuza.Nukuvuga kwishimisha mu busambanyi.Mu gihe imana isaba abakili bato gukoresha ubuto bwabo mu gukorera imana (Umubwiriza 12:1).Kugirango bazabone ubuzima bw’iteka muli paradizo.Ubwiza bwo muli iyi si,ni ubusa nkuko Bible ivuga.Kubera ko ubumarana igihe gito,ugasaza ntihagire uwongera kukureba.Ariko abantu bakoresha ubuzima bwabo mu gukorera imana,bazaba muli paradizo,ari abasore n’inkumi iteka ryose (Job 33:25).Kwishimisha ukora ibyo imana itubuza,ni ukugira ubwenge buke cyane.Ese muzi ko abantu bakora ibyo imana idusaba,izabazura ku Munsi w’Imperuka?Bisome muli Yohana 6:40.Ntabwo ari ukubeshya.