Print

Mu mafoto menshi irebere abakobwa b’uburanga bari kwigaragaza cyane mu gikombe cy’isi 2018[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 25 June 2018 Yasuwe: 4407


Amakipe agera kuri 32 ahagarariye ibihugu byayo kuri ubu ari gukina buri imwe ishaka intsinzi no guhesha ishema igihugu baturutsemo, abafana nabo babari inyuma babatera ingabo mu bitugu kugirango biyongerere ibyishimo.

Buri kipe iri mugikombe cy’isi ntayo idafite umufana, urestse abaje gufana amakipe y’ibihugu byabo hari n’abaje gufana abakinnyi bakunda basanzwe bakina mu makipe y’ibigugu nka FC Barcelone, Real Madrid, Manchester,……nizindi.

Mubafana bari kwigaragaza cyane ku kibuga hari kugaragaramo igitsina gore, abakobwa b’uburanga bakoze iyo bwabaga bakambara amabara y’amakipe abari kumutima, imifanire yabo ntisanzwe, kuko na kamera ziri kukibuga zibahoza ijisho buri kanya, nibo bahaguruka mbere iyo igitego kigiyemo ndetse ninabo bagaragaza amarira cyane iyo ikipe bafana yinjijwe igitego.

FIFA World Cup 2018. birashyushye yaba umufana uri kukibuga yaba urebera kuri televiziyo iwe, bose baranezerewe nubwo hari kubamo itungurana kumakipe ari gukubitwa umusubirizo kandi abantu benshi bari bayizeyeho intsinzi, bitewe nibigwi ayo makipe asanzwe afite cyangwa abakinnyi bafite amazina akomeye bayakinamo.

REBA AMAFOTO MENSHI:

















Comments

MAZINA 25 June 2018

Ni beza cyane.Ikibazo nuko bose banitse amabere n’imikondo yabo.Ikibabaje kandi nuko bakoresha Ubuto n’Ubwiza bwabo mu kwiyandarika.Mu gihe imana isaba abantu bakiri bato gushaka no gukorera imana (Umubwiriza 12:1).Byaba byiza bahindutse kugirango batazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo.Nkuko Bible ivuga muli Umubwiriza 11:10,Ubuto,ubukumi n’ubusore ni ubusa.Aba tubona ari beza,ejo bazakecura,he kugira umuntu wongera kubareba,kandi be kuzazuka ku munsi w’imperuka..Ariko nkuko 1 Yohana 2:15-17 havuga,abantu bashaka imana,bazabona ubuzima bw’iteka muli Paradizo,imana ibanje kubazura (Yohana 6:40).